Guteza imbere no Gushyigikira ubwanditsi mu Rwanda

RELO Rwanda

Rwanda Editing and Literature Organization” (RELO) ni umuryango wa Gikristo washinzwe mu mwaka wa 2012, ugamije guteza imbere no gushyigikira ubwanditsi mu Rwanda. Uyu muryango washinzwe n’intiti zo muri kaminuza ndetse n’abakozi bakoreraga imiryango ishamikiye ku matorero ya Gikristu bafite inyota yo guteza imbere ubwanditsi no gusoma bibanda cyane cyane k’urubyiruko rw’abanyarwanda

Nyereka Inzira Children library

Aho abana bava mumpande zitandukanye muri Kigali baza gutyaza ubwenge binyuze mugusoma.

Nyereka Inzira Library ni isomero rifite ibitabo bya RELO, aho buriwese aza agasoma ibitabo ntakiguzi

Ingaruka nziza z'ibyo dukora

Igitabo kimwe ku kindi!

Hano muri RELO dushyira ingufu nyinshi mu kwandi ibitabo, gushishikariza abana n’urubyiruko umuco wo gusoma, tubinyujije mumarushanwa n’imikino byo gusoma. twigisha abarimu bigisha abana uburyo bakoresha ibitabo muguteza imbere uburere bw’umwana.

Sunday school workers trained by Relo Rwanda
100 +
Children have been impacted by our books and reading competitions
2000 +
Youth have been impacted by our books and reading competitions
1000 +

Makuru mashya

Ibitabo biherutse kusohoka

Twandika ibitabo muburyo bwa gikristu tugamije gushimangira indangagaciro z’ubukristu muri sosiyete. 

Ubuhamya!

Umurimo dukora ugirira akamaro benshi, soma bumwe mubuhamya bw’abagenerwabikorwa bacu

Mbega inkuru nziza! nkunda gusoma ibitabo bya RELO imkuru zirimo zamfashije kurushaho gusobanukirwa n’uburenganzira bw’umwana, haba kurusengero no ku mashuri.

Murakoze!

Diane Ingabire

Umugenerwabikorwa

Nabashije guobanukirwa na uko warirwa umwana, no kubigisha ibyerekeye uburenganzira bw’umwana. muri rusange nugutse byinshi kubijyanye n’uburenganizra bw’umwana

Sr. Alphonsine U.

Umugenerwabikorwa